
🎓 Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika yongeye gushyiraho amabwiriza akomeye agenga abanyeshuri b’abanyamahanga bashaka kwiga muri Amerika.🔍 Ibikubiye muri ayo mabwiriza mashya:Gusuzuma imbuga nkoranyambaga z’abasaba visa ni ngombwaImbuga zabo zigomba kuba zifatika kandi zigaragara (public)Iyo ushyizeho igitekerezo cyangwa ifoto bifatwa nk’ibinyuranyije n’inyungu za Amerika, ushobora guhita uhakanirwa visa📅 Iyi gahunda yari yarahagaritswe mu mpera za Gicurasi, ariko noneho irasubukuwe kandi izajya ishyirwa mu bikorwa ku buryo bukomeye kurushaho.💬 Ibi byose bigamije umutekano wa Amerika, kandi ni igice cy’uburyo bwashyizweho n’ubuyobozi bwa Trump.
Wakoze kubana natwe ….
Duhurire mu makuru yacu ataha..
Kanda hano muri ino link winjire muri Channel yacu ya WhatsApp uzajya ubonera amakuru yacu ku gihe:
👇👇👇👇👇👇
https://whatsapp.com/channel/0029Vb9Jd8k4dTnMkcnvaM3T
Komeza ubane natwe iyi ni TEBUKA MEDIA TV 💪💪💪💪