
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, i Kisangani Ku wa gatandatu, tariki ya 21/06/2025, habaye Igikorwa cyo Kwiyunga hagati y’amoko y’Abaturage bo mu bwoko bwa ba Mbole na Lengola, Iki gikorwa rero cyitabiriwe na Visi Minisitiri SHABANI LUKOO Kisangani aho cyabereye akaba ari, Visi Minisitiri w’intebe wungirije na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Umutekano, Igenamigambi ry’Intara n’Imibereho y’Abasangwabutaka

Jacquemain Shabani Lukoo, rero yageze i Kisangani, umujyi mukuru w’intara ya Tshopo, yari ayoboye intumwa y’igihugu iri mu rugendo rw’akazi.,
Uko
yakiriwe rero ku kibuga cy’indege cya Bangoka na Guverineri Paulin Lendongolia, gusa n’abandi bayobozi b’inzego za Leta n’abaturage benshi bari baje kumwakira.
Rero uru rugendo rwe, rukvaba rwari rugamije Kuyobora ibikorwa by’umuco byo kwiyunga hagati y’abaturage bakomoka mu moko ya Mbole na Lengola, aho icyo gikorwa cyaberaga mu gace ka Osio ;ministri Lukoo rero yaraje ku bifungura ku mugaragaro ndetse n’Ishuri rya Polisi rya Kapalata muri ako Gace ; mu rwego rwo Gutangiza gahunda yo gusobanurira abaturage amategeko mashya yerekeye imikorere y’amakomite y’umutekano ku rwego rw’intara n’uturere
wakoze rero kubana ka Duhurire mu makuru yacu ataha