Barenze ibyabatandukanyaha bemera gushyira hamwe
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, i Kisangani Ku wa gatandatu, tariki ya 21/06/2025, habaye Igikorwa cyo Kwiyunga hagati y’amoko y’Abaturage bo mu bwoko bwa ba Mbole na Lengola, Iki…
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, i Kisangani Ku wa gatandatu, tariki ya 21/06/2025, habaye Igikorwa cyo Kwiyunga hagati y’amoko y’Abaturage bo mu bwoko bwa ba Mbole na Lengola, Iki…
🎓 Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika yongeye gushyiraho amabwiriza akomeye agenga abanyeshuri b’abanyamahanga bashaka kwiga muri Amerika.🔍 Ibikubiye muri ayo mabwiriza mashya:Gusuzuma imbuga nkoranyambaga z’abasaba visa ni ngombwaImbuga zabo zigomba…
Mu rwego rwo kwitegura Inama ya 9 y’Abakuru b’Ibihugu ba CIRGL, Minisitiri w’Intebe Judith Suminwa Tuluka yakiriye Umunyamabanga Nshingwabikorwa João Samuel Caholo, wamushyikirije raporo y’ibyakozwe mu myiteguro. RDC yitegura kuyobora…
Minisitiri w’Intebe Suminwa yagiye ahagarariye Perezida wa Repubulika, Félix-Antoine Tshisekedi, nyuma y’uko aherutse kwakira i Kinshasa, ahitwa Cité de l’Union africaine, ambasaderi w’igihugu cy’Ubutaliyani, wamushyikirije ubutumire bwihariye bwo kwitabira iyo…